Amakuru aryoshye kandi agezweho

banner image

Like US On Facebook

banner image

Abahanzi kazi bakomeje kuzira gusinyira abantu ama cheque atazigamiye Teta Sandra yarekuwe

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 10 Ugushyingo 2015  Miss Sandra Teta yarekuwe nyuma yokuburana ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo. Yavuze ko ari ibyishimo kuba ubu ari hanze.
Sandra Teta avuga ko yishimiye kurekurwa
Sandra Teta ukurikiranyweho gutanga cheque zitazigamiye, ubu azajya yitaba ubutabera ari hanze aho kuba afunzwe.


Uyu munyamideri agifungurwa mukiganiro gito twagiranye yavuze  ko nyuma yo kuburana ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo ubutabera bwafashe umwanzuro ko yakurikiranwa ari hanze akajya yitaba ubutabera igihe bumukeneye.
Uyu mukobwa yari afunze kuva kuwa kabiri w’icyumweru gishize. Yari afungiye kuri station ya Police ya Muhima.
Miss Sandra Teta ati “Uko byagenda kose iki kibazo ndimo kizakemukaNzajya nkomeza kwitaba ubutabera kugeza igihe iki kibazo gikemukiye”.

Abahanzi kazi bakomeje kuzira gusinyira abantu ama cheque atazigamiye Teta Sandra yarekuwe Abahanzi kazi bakomeje kuzira gusinyira abantu ama cheque atazigamiye Teta Sandra yarekuwe Reviewed by Unknown on Friday, November 13, 2015 Rating: 5

Random Post

Powered by Blogger.