Amakuru aryoshye kandi agezweho

banner image

Like US On Facebook

banner image

Ku myaka 18 yisanze akundana na nyina nk’umugabo n’umugore

Umusore w’imyaka 18 yamavuko yisanze akundana na nyina w’imyaka 36 y’amavuko, urukundo nku urw’umugabo n’umugore babana munzu. 

Muri Leta zunze ubumwe z’amerika habonetse umusore w’imyaka 18 y’amavuko akaba akundana na nyina w’imyaka 38 y’amavuko, harimo ikinyuranyo k’imyaka 22 nyina amurusha.

15208002_1299209100110683_17386419_n

Nkuko bitangazwa n’uyu mubyeyi wa Caleb, avuga ko uyu muhungu yamufashe ari umwana muto cyane, amufata muburyo bwo kumufasha ubuzima cyangwa ku murera (adopter), nyuma aza kumubera umwana mwiza bidasanzwe, kuko ngo uyu mwana yakuranye urukundo rudasanzwe rw’umwana akunda nyina wa mubyaye.
Ibi byaje gutuma uyu mugore Monic akunda cyane mu bana 9 yabyaye uyu mwana caleb, ngo kuko uyu mwana yarafite imico myiza cyane itandukanye n’iyabandi bana yabaye nyina atakekaga, cyangwa se ngo ayibone mu yindi miryango irimo abana, byatumye uyu mubyeyi urukundo yakundaga abana rw’iyongera kurushaho, cyane ko yarafite abandi bana 9 yabyaye kubera gukunda abana.
15175433_1299209096777350_718300047_n
Uru rukondo rwa cyane Monic yakunze Caleb rwaje kuvamo urwo kuryamana n’umuhunguwe yirereye, kuva mu bwana. Ibi byaje guturuka aho uyu mubyeyi yakoresheje umwana we imibonana mpuza bitsina, bitewe n’urukundo yakundaga uyu mwana, rwamunaniye kwihangana. Urukundo rwa kibyeyi ruhumira kumurari uwari umwana we abahinduka umugabo we.
Abaturanyi b’uyu Monica ntibabyihanganiye cyane, kuko bari bazi ko uyu mwana Caleb ari uw’uyu mugore kuko bamubonye ari muto, bakomeza kubona imyitwarire n’imibanire ya Caleb na Nyina idasanzwe, atari iy’umwana na anyina, bitewe n’uko urukundo rwabo rwari rumaze kubagiramo izindi mbaraga batabashaga kubihisha ko ari umwana na nyina. Bari basigaye bagenda basomanira mu nzira ndetse no kumabaraza y’inzu yabo, niko kwitabaza inzego z’ubuyobozi.
Ibi kandi byemezwa neza n’ubuhamya nyirubwite Monic, Mama Wa Caleb atangira imbere y’ubuyobozi, yemeza neza ko uyu mwana ari umukunzi we w’akataraboneka, avugako n’ubwo we arikubuzwa burenganzira, ntamukunzi wamurutira umwana we Caleb, kandi ngo nta nuzigera abaho. Mu magambo ye Monic Yagize ati:”Ni umukunzi wanjye w’ubuzima ntifuza gutakaza, umuryango wanjye uramukunda ndetse n’abana banjye baramukunda yewe bana bamwita Papa, rero ntakibi kigomba kuba hagati yacu, niyo yaba ubutegetsi cyangwa uburoko, ntacyo”.
Caleb nawe yagize ati;” Mugihe mugiye gufunga umukunzi wanjye cyangwa umubyeyi wanjye najye ntimunsige kuko nsinshobora kubaho ntamufute, kuko niwe kintu cy’ubutunzi mfite muri iy’isi, niwe wamenye ubuzima bwanjye bwose, rero nanjye ngomba kuzamenya ubuzima bwe mugihe nzaba nkimubona mu maso yanjye”.
Urukiko rwa Leta zunze ubumwe z’Amerika rurateganya ko icyaha kiramutse kimuhamye yahanishwa igihano cy’igifungo cy’amezi 16 ari mu buroko agacibwa amande angana n’ibihumbi bitanu by’amadorali.
Ku myaka 18 yisanze akundana na nyina nk’umugabo n’umugore Ku myaka 18 yisanze akundana na nyina nk’umugabo n’umugore Reviewed by Unknown on Thursday, November 24, 2016 Rating: 5

Random Post

Powered by Blogger.