Amakuru aryoshye kandi agezweho

banner image

Like US On Facebook

banner image

Reba ikimenyetso Silvio Berlusconi wahoze ari minisitiri w’intebe w’Ubutariyani yeretse abanyamakuru ubwo yagiranaga nabo ikiganiro.

Kuri uyu wa kane tariki ya 21 Mutarama2016 ubwo uyu mugabo wahoze ari minisiti w’intebe w’Ubutariyani Silvio Berlusconi yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru mu mujyi wa Rome, aho yabamurikiraga igitabo cye yise Madri (Maman).
1f94c918f048603c361af971590b52cd

Icyaje gutungura abantu n’ikimenyetso yeretse abanyamakuru ubwo yabasobanuriraga inkuru yiki gitabo ko ari inkuru ya nyina umubyara witwa Rosa.
Yazamuye urutoki rwa musumba zose izindi zose zihinnye ararubereka, ababwirako mama we yamweretse urwo rutoki bari ku muhanda wa Bolzane amubwirako urwo rutoki ari urutoki rw’icyubahiro. Nkuko bimenyerewe iyo weretse umuntu urutoki rwa musumba zose izindi ntoki zihinnye bifatwa nk’igitutsi.
Silvio Berlusconi ubwo yarageze ahari kubera ikiganiro n’abanyamakuru.
21ee32cacaab3878cf9eddfe6a0a293bnguwo Silvio Berlusconi yereka abanyamakuru urutoki rwa musumba zose.
e83e29ed81b86de89a0bf9f15b6a7658ubusanzwe iki kimenyetso gisobanura igitsutsi.
Silvio Berlusconi yashinze umutwe wa politike witwa Forza Italian mu 1993, maze mu 1994 agirwa minisitiri w’intebe. Nyuma yaho gato ishyaka rye ryaje gucikamo ibice ariko Berlusconi abaturage bakomeza kumushyigikira kuberako bari bamaze kubonako politike ye ishobora kuza zamura ubukungu bw’igihugu cyabo.
Yaje kwongera kuba minisitiri w’intebe muri 2001 kugeza muri 2006.
Nyuma yo guhindurira ishyaka rye izina rikitwa Popolo della Libertà (People of Freedom). Yaje kwongera kuba minisitiri w’intebe ku nshuro ya gatatu muri 2008 kugeza ubwo yaje kwegura 2011 ariko akomeza kuyobora ishyaka rye.
Uretse politike kandi uyu mugabo afite ikipe y’umupira w’amaguru ariyo AC Milan.


Le-doigt-d-honneur-de-Silvio-Berlusconi-durant-une-conference-de-presse-a-Rome-le-20-janvier-2016ubwo yarari gutanga ijambo mu kiganiro.
e1b379497c2b675e60e5dffb36c160a9yihaganura icyunzwe ubwo yari asoje ikiganiro.
Reba ikimenyetso Silvio Berlusconi wahoze ari minisitiri w’intebe w’Ubutariyani yeretse abanyamakuru ubwo yagiranaga nabo ikiganiro. Reba ikimenyetso Silvio Berlusconi wahoze ari minisitiri w’intebe w’Ubutariyani yeretse abanyamakuru ubwo yagiranaga nabo ikiganiro. Reviewed by Unknown on Saturday, January 23, 2016 Rating: 5

Random Post

Powered by Blogger.