Amakuru aryoshye kandi agezweho

banner image

Like US On Facebook

banner image

Mugikorwa Cyo Gutera akabariro Abakobwa Benshi Baba Bifuza Gukorerwa Ibi Bintu Uko Ari 6 “REBA HANO”

Mu bintu by’ibanze bishimisha abagore habamo kwitabwaho, guteteshwa, ariko by’umwihariko iyo umugabo yitwaye neza mu buriri ntacyo wabigereranya nabyo ku mugore. Iyo umugabo abashije gutuma umugore yishima mu gihe cyo guhuza urugwiro ndetse akagera ku byishimo bye bya nyuma(Kurangiza) yumva yamuha ibyo atunze byose.

 
Biragoye ko umugabo yashimisha umugore mu gihe cyo gutera akabariro atazi ibimunyura , ibyo aba akeneye gukorerwa n’andi amabanga anyuranye. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibintu 6 umugore aba akeneye gukorerwa n’umugabo mu gihe cyo gutera akabariro.
1.Kumukora aho atishyikira
N’ubwo iyi mvugo isa n’izimije ariko mu gihe cy’igikorwa , umugore aba akeneye ko umugabo amukorera ahantu hatuma amera nk’ugiye mu yindi si. Buri mugore agira igice kiba kihariye gituma yumva yizihiwe. Ikimenyesha umugabo ko yageze kuri icyo gice ni uko iyo uhakoze avuga n’akari imurori kubera kwizihirwa. Ni inshingano z’umugabo gushakisha no kumenya icyo gice cyihariye cy’umugore we.

2.Kumutegura bihagije
Abagabo benshi bakunda guhutiraho, ntibite ku gikorwa cyo gutegura umugore igihe gihagije ngo nawe abashe kugira ubushake. Abagore bakunda umugabo ubategura mu buryo bwose bushoboka. Ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere mu by’imibonano mpuzabitsina hagati y’abashakanye, bagaragaje ko nibura umugabo aba agomba gutegura umugore we iminota hagati ya 10 na 15. Ibi ngo nibyo bituma nibura umugore agera ku byishimo bye byanyuma.
3.Kumusoma kuburyo bwimbitse
Ubu nabwo ni bumwe mu buryo bwifashishwa mu gutegurana hagati y’abashakanye. Iyo umugabo afashe umwanya agasoma umugore we kuburyo bwimbitse mbere yigikorwa nyirizina bituma umugore arushaho kugira ububobere bwinshi.
4.Igikorwa kimara umwanya
Nta mugore wishimira ko umugabo anywa amata ntayamare. Buri mugore aba yifuza ko umugabo amara iminota myinshi bahuza urugwiro. Uko igihe kiba kirekire ninako umugore agenda yumva uburyohe .
5.Kurangiza
Umugore aho ava akagera aba yifuza kurangiza nkuko umugabo bimugendekera. Hari abagore batazi uko kurangiza bisa bitewe n’uko abagabo babo hari ibyo baba batujuje, hari abagore bagira uburyohe ariko ntibarangize ariko hari n’umubare muto w’abagore babasha kurangiza mu gihe cyo gutera akabariro ku rugo.
Ni inshingano z’umugabo gufasha umugore we kurangiza kuko nacy kiri mubyo baba bifuza ku mugabo.
6.Kumushimira
Burya ngo n’ubwo batabivuga ariko abagore baba bashaka ko umugabo mugihe igikorwa kirangiye, abashimira . Si byiza na busa ko umugabo ahita yisinzirira igihe igikorwa cyo guhuza urugwiro kirangiye. Ibi ni bimwe mu bintu abagore baba bifuza gukorerwa mu gihe cyo gutera akabariro.
sexy-girl-158-1024x576
Ikiganiro niyo soko yonyine yatuma umenya ibishimisha n’ibitanyura mugenzi wawe, ibyo akeneye ko uzajya umukorera.
Mugikorwa Cyo Gutera akabariro Abakobwa Benshi Baba Bifuza Gukorerwa Ibi Bintu Uko Ari 6 “REBA HANO” Mugikorwa Cyo Gutera akabariro Abakobwa Benshi Baba Bifuza Gukorerwa Ibi Bintu Uko Ari 6 “REBA HANO” Reviewed by Unknown on Sunday, October 25, 2015 Rating: 5

Random Post

Powered by Blogger.