Mu gitaramo ngarukamwaka G-A-Y Club kibera mu bwongereza, icyo muri
uyu mwaka wa 2015 cyabereye ahitwa Me’ir Park (Gan Me’ir) maze umuhanzi
Rita Ora ufatwa nk’umwamikazi mu njyana ya Pop akora agashya mu
mibyinire no kwambara imyenda ishotora abagabo ku buryo benshi
batabivugagho rumwe
Rita Sahatçiu Ora umwanditsi w’indirimbo,umuririmbyi n’umukinnyi wa film ni umwongereza w’imyaka 24 wamenyekanye cyane nka Rita Ora, mu gitaramo cyitiriwe abasore G-A-Y Club cyabaye kuwa gatandatu ushize taliki ya 27 Kamena mu gususurutsa imbaga yari yahateraniye yagaragaje imibyinire idasanzwe.
Byiyongera ku myambarire ye, umuhanzi Rita Ora yashotoye abagabo ku buryo abari mu gitaramo bumiwe gusa bamwe bavuga ko byari byiza abandi bakavuga ko bitari bikwiye ndetse ko kwari ukwamamaza ubusambanyi nk’uko bitangazwa na dailymail.
Ubusanzwe Rita Ora ni umwe mu bahanzi b’injyana ya Pop wamenyekanye cyane ndetse akanagaragaza ubuhanga ariko kwambara ntiyikwize ngo biri mu mabanga akoresha mu kwikururira abafana nk’uko byagiye bigarukwaho n’itangazamakuru ryo mu Bwongereza.
Mu mafoto y’imyambarire uyu muhanzikazi yajyanye ku rubyiniro
ni ikariso n’akarega gafata amabere abenshi bavuga ko ari urukozasoni
abandi bakavuga ko ntacyo byari bitwaye hirya no hino ku mbuga
nkoranyambaga
Kuva iki gitaramo cyaba aya mafoto y’uyu muhanzi yakomeje gucicikana hose ku mbuga nkoranyambaga bikaba binavugwa ko byaba byaranatumye bamwe mu bari bitabiriye iki gitaramo batacyishimira mu gihe hari abashimishijwe nacyo.
ANDI MAFOTO:
Rita Sahatçiu Ora umwanditsi w’indirimbo,umuririmbyi n’umukinnyi wa film ni umwongereza w’imyaka 24 wamenyekanye cyane nka Rita Ora, mu gitaramo cyitiriwe abasore G-A-Y Club cyabaye kuwa gatandatu ushize taliki ya 27 Kamena mu gususurutsa imbaga yari yahateraniye yagaragaje imibyinire idasanzwe.
Byiyongera ku myambarire ye, umuhanzi Rita Ora yashotoye abagabo ku buryo abari mu gitaramo bumiwe gusa bamwe bavuga ko byari byiza abandi bakavuga ko bitari bikwiye ndetse ko kwari ukwamamaza ubusambanyi nk’uko bitangazwa na dailymail.
Ubusanzwe Rita Ora ni umwe mu bahanzi b’injyana ya Pop wamenyekanye cyane ndetse akanagaragaza ubuhanga ariko kwambara ntiyikwize ngo biri mu mabanga akoresha mu kwikururira abafana nk’uko byagiye bigarukwaho n’itangazamakuru ryo mu Bwongereza.
Kuva iki gitaramo cyaba aya mafoto y’uyu muhanzi yakomeje gucicikana hose ku mbuga nkoranyambaga bikaba binavugwa ko byaba byaranatumye bamwe mu bari bitabiriye iki gitaramo batacyishimira mu gihe hari abashimishijwe nacyo.
ANDI MAFOTO:
Imyambarire ishotora abagabo niyo yaranze umuhanzi Rita Ora mu gitaramo G-A-Y Club- AMAFOTO
Reviewed by ibigezwehobyose
on
Wednesday, July 01, 2015
Rating: