Amakuru aryoshye kandi agezweho

banner image

Like US On Facebook

banner image

Kuki Abagabo Bahuza Ibitsina n'Abayaya

Image result for sexual intercourse in bed

Ni iyihe mpamvu itera umugabo gusaba umukozi ko bararana ? ni gute byakwirindwa ? Muri iyi nkuru twifashishije inyandiko y’umwanditsi Bangambiki, turavuga kuri iki kibazo cy’ingutu cyugarije ingo zitari nke.




1. Impamvu zituruka ku bagore 

*umugore ashobora kuba afite akam
1092 × 614 - gistmelove.com
enyero ko kudakorana imibo
nano mpuzabistina n’uwo bashakanye. Hari abagore bamara kubona bashikamye mu rugo bakareba umugabo nk’ikimbwa ihaze.

*Abagore benshi bamara gushaka ntibakomeze kwiyitaho no kwisukura nk’uko babikoraga bakiri iwabo, bakifata uko babonye ku buryo bituma umugabo yumva atakimukunze.

Nk’uko umwanditsi Bangambiki akomeza abivuga ngo :

*Hari igihe umugore aba ari we utunze urugo bityo agatekereza ko afite agaciro mu rugo kurusha umugabo ibi bigatuma asuzugura umugabo

2.Impamvu zikomoka ku bagabo 

*Rimwe na rimwe impamvu umugabo yangirwa gukorana imibonano mpuzabistina bituruka kuri we. Hari abagabo batekereza ko umugore ari igikinisho cy’Imibonano mpuzabistina ukamufata uko wiboneye n’uko ubishaka.Hari abagabo bava mu kabari n’ijoro banuka inzoga n’amatabi bagatangira gutesha umutwe abagore babo .Abagabo bagomba kumenya ko abagore badashimishwa n’imibonano mpuzabitsina batiteguye,batanabonamo inyungu.

*Ingeso y’ubusambanyi.Hari abagabo bakunda gukora imibonano mpuzabitsina bakaba bayikorana na buri wese ntakurobanura.

3.Impamvu zikomoka ku bayaya 

*Hari igihe umuyaya ubwe yihigira umugabo, akarushanya na nyirabuja kurimbira umugabo.Agahora yikoresha ibintu bishobora kugusha umugabo.

*Ubwoba bw’umuyaya. Umuyaya ashobora gutinya kwirukanwa ku kazi akemera agakorana imibonano mpuzabistina na shebuja.

Ingaruka mbi ku gukora imibonano mpuzabistina n’umuyaya.

*Umugabo asuzuguza umugore we mu maso y’umuyaya
*umugabo aba yitesheje agaciro
*Urugo rushobora gusenyuka
*Kwandura indwara z’ibitsina ndetse no kuba yakwandura virusi itera sida.

Uburyo bwo kubyirinda 

*Mugore ita ku mugabo wawe. Wimurakaza ngo utume atekereza ku muyaya, abagabo bamwe ni abanyantege nke. Musobanurire mu rukundo niba ufite ikibazo cyatuma utabasha guhuza urugwiro nawe.
*Mugore ifate neza,isukure. Abagabo bakunda abagore biyitaho. Bwa bwiza bwawe umugabo aracyabukeneye. Cyangwa uragira ngo ajye kubuhiga ahandi !

*Mugabo menya ko umugore atari ingamiya yawe. Ntabwo wagombye kwibwirako wamukoresha icyo ushaka n’igihe ushakiye.

Menya ko umuyaya ari umukozi atari umugore wawe
*Muyaya,waje gushaka akazi ntiwaje gushaka umugabo no gusenya ingo z’abandi.

Kuki Abagabo Bahuza Ibitsina n'Abayaya Kuki Abagabo Bahuza Ibitsina n'Abayaya Reviewed by Unknown on Thursday, October 22, 2015 Rating: 5

Random Post

Powered by Blogger.