Amakuru aryoshye kandi agezweho

banner image

Like US On Facebook

banner image

Nyamasheke: Umupolisi yarashe abantu bane ,babiri bahasiga ubuzima

 
Umupolisi yarashe abantu bane hapfamo babiri mu Karere ka Nyamasheke, ahabereye imirwano se w’uwo musore yakomeretse ku jisho bihindukamo imirwano ikomeye, polisi yari hafi aho ni bwo yahise ihuruzwa iratabara, ariko abo basore ntibava ku izima.
Aba basore bakomeje gukurikira inzego z’umutekano, aba bapolisi ngo baje kurasa hasi, abandi bakomeza kubasatira n’imipanga n’amabuye, abapo
lisi babonye bugarijwe nibwo bafashe icyemezo cyo kubarasa, babiri bahita bahasiga ubuzima, abandi babiri barakomereka.

Inama y’umutekano itunguranye ubu buyobozi bwakoranye n’abaturage yahuje ubuyobozi bw’aka karere n’abaturage.
Aya makuru kandi yahamijwe n’umuyobozi w’aka karere ka Nyamasheke Kamari Aime Fabien yagize ati”iyi nkuru twamaze kuyimenya abantu barashwe bose ni abagabo.
Intandaro ni inzu umuyobozi w’akagali yashakaga gusenya kuko ngo itubatse mu mudugudu, ubwo yifashisha abapolisi, bagezeyo abaturage baragumuka, baba barabarashe”.
Abitabye Imana ni Niyibizi Zacharie w’imyaka 23 y’amavuko na Niyonsenga Protogène w’imyaka 29, abakomeretse bakaba ari Niyonsaba Valens w’imyaka 18 na Bicamumpaka Bartazar aho bari gukurikiranwa.
- See more at: http://umuryango.rw/?Nyamasheke-Umupolisi-yarashe-abantu-bane-babiri-bahasiga-ubuzima#sthash.9VThCUbu.dpuf
Umupolisi yarashe abantu bane hapfamo babiri mu Karere ka Nyamasheke, ahabereye imirwano se w’uwo musore yakomeretse ku jisho bihindukamo imirwano ikomeye, polisi yari hafi aho ni bwo yahise ihuruzwa iratabara, ariko abo basore ntibava ku izima.
Aba basore bakomeje gukurikira inzego z’umutekano, aba bapolisi ngo baje kurasa hasi, abandi bakomeza kubasatira n’imipanga n’amabuye, abapolisi babonye bugarijwe nibwo bafashe icyemezo cyo kubarasa, babiri bahita bahasiga ubuzima, abandi babiri barakomereka.
Inama y’umutekano itunguranye ubu buyobozi bwakoranye n’abaturage yahuje ubuyobozi bw’aka karere n’abaturage.
Aya makuru kandi yahamijwe n’umuyobozi w’aka karere ka Nyamasheke Kamari Aime Fabien yagize ati”iyi nkuru twamaze kuyimenya abantu barashwe bose ni abagabo.
Intandaro ni inzu umuyobozi w’akagali yashakaga gusenya kuko ngo itubatse mu mudugudu, ubwo yifashisha abapolisi, bagezeyo abaturage baragumuka, baba barabarashe”.
Abitabye Imana ni Niyibizi Zacharie w’imyaka 23 y’amavuko na Niyonsenga Protogène w’imyaka 29, abakomeretse bakaba ari Niyonsaba Valens w’imyaka 18 na Bicamumpaka Bartazar aho bari gukurikiranwa.
- See more at: http://umuryango.rw/?Nyamasheke-Umupolisi-yarashe-abantu-bane-babiri-bahasiga-ubuzima#sthash.9VThCUbu.dpuf
Nyamasheke: Umupolisi yarashe abantu bane ,babiri bahasiga ubuzima Nyamasheke: Umupolisi yarashe abantu bane ,babiri bahasiga ubuzima Reviewed by ibigezwehobyose on Tuesday, September 29, 2015 Rating: 5

Random Post

Powered by Blogger.