Nk’uko Daily Natio
Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru muri Tanzania, Wema yavuze ko afite icyizere ko intego yihaye azayigeraho.
Yagize ati “Nbyo ndifuza kwiyamamariza kuba umudepite kandi imyiteguro nyigeze kure, mbarizwa mu ishyaka rya CCM riri ku butegetsi kandi niteguye gutanga umusanzu wanjye mu kubaka igihugu.
Ibi kandi byongeye gushimangirwa na manager we Martin Kadinda wavuze ko yizeye ubushobozi muri Wema kandi abona umusaruro azatanga uzageza igihugu ku rwego rushimishije naramuka agiriwe icyizere agatorwa.
Mu kwakira 2014 nibwo Wema Sepetu yatandukanya na Diamondmaze uyu musore ahita yishumbusha umuherwe Zari bitegura no kwibaruka umwana w’umukobwa.
Wema Sepetu wahoze akundana na Diamond arifuza kuba umudepite
Reviewed by ibigezwehobyose
on
Friday, June 19, 2015
Rating: