Pages

Pages

Pages

Menu

Friday, June 19, 2015

Abahanzi barayakorera bakanayambaramo… AMAFOTO


Urubyiruko rwinshi usanga rwigana kwambara ‘gi star’, ariko na ba nyiri ubwite, haba abo mu mahanga cyangwa abo mu Rwanda birabahenda. Aba ni abari muri PGGSS 5 aho usanga ibintu byose umwe yambaye bishobora no guhagarara ibihumbi 200 (hejuru ya 270$).
Bakorera menshi nabo bakambarira menshi
Bakorera menshi nabo bakambarira menshi
Aya ni amwe mu mafoto y’imyambarire ahatandukanye ubu bamaze kujya mu bitaramo;
i Huye:
Banza urebe iyi foto y'aba security, uraza kubona itandukaniro.
Banza urebe iyi foto y’aba security, uraza kubona itandukaniro.
Active, bamwe mu bita cyane ku myambarire yabo
Active, bamwe mu bita cyane ku myambarire yabo
TNP nabo bashyira ingufu mu kwambara
TNP nabo bashyira ingufu mu kwambara
Imyenda n'imiringa biba bihenze
Imyenda n’imiringa biba bihenze
Yewe n'inkweto si iza macye
Yewe n’inkweto si iza macye
Dream Boys nk'uko bisanzwe, bo baba bagomba no kujyanisha
Dream Boys nk’uko bisanzwe, bo baba bagomba no kujyanisha
Bene ibyo binyururu n'amasaha birahenda cyane, udasize na iPhone
Bene ibyo binyururu n’amasaha birahenda cyane, udasize na iPhone
Rafiki, bigaragara ko adahendwa cyane n'imyambaro
Rafiki, bigaragara ko adahendwa cyane n’imyambaro
We ni umusoda wa 'Jah'
We ni umusoda wa ‘Jah’
Pacy aba agomba nawe kujyanisha, imyambaro y'abakobwa nayontihenduka cyane
Pacy aba agomba nawe kujyanisha, imyambaro y’abakobwa nayontihenduka cyane, cyane cyane iy’aba star
Isaha, iminyururu ku kaboko n'utundi tuntu tutagura abiri
Isaha, iminyururu ku kaboko n’utundi tuntu tutagura abiri
Sentore agaragara neza cyane ariko nk'uciriritse
Sentore agaragara neza cyane ariko nk’uciriritse
Ibi bambara mu ijosi ariko birakosha
Ibi bambara mu ijosi ariko birakosha
Knowless muri zahabu n'imyambaro y'igiciro
Knowless muri zahabu n’imyambaro y’igiciro
Kujyanisha no kwambara ibindi bihenze hamwe n'inseko nk'iyi birajyanye
Kujyanisha no kwambara ibindi bihenze hamwe n’inseko nk’iyi birajyanye
Senderi ntako aba atagize, nubwo uyu mwaka yagabanyije 'udukoryo' twamuhenze cyane ubushize
Senderi ntako aba atagize, nubwo uyu mwaka yagabanyije ‘udukoryo’ twamuhenze cyane ubushize
Bruce Melodie n'inkweto nawe arabizi ko ari iz'igiciro
Bruce Melodie n’inkweto nawe arabizi ko ari iz’igiciro

i Rubengera/ Karongi:
Bruce Melodie agarutse muri za zahabu cyangwa ibisa nayo
Bruce Melodie agarutse muri za zahabu cyangwa ibisa nayo
Dream Boys bambaye ibijya guciririka nubwo nabwo bitagura macye
Dream Boys bambaye ibijya guciririka nubwo nabwo bitagura macye
Active bo haba harimo n'amaringushyo mu myambarire
TNP bo haba harimo n’amaringushyo mu myambarire
Usibye no guhenda byanagorana kubishakisha
Usibye no guhenda byanagorana kubishakisha
Pacy muri Jeans hasi no hejuru n'imiringa ku ruhande
Pacy muri Jeans hasi no hejuru n’imiringa ku ruhande
Knowless agaragara nk'uwambaye bisanzwe
Knowless agaragara nk’uwambaye bidakabije cyane guhenda
Wa musirikare akomeje guhendukirwa, nubwo ubu yambaye isheni n'impeta by'umuringa utavangiye
Wa musirikare akomeje guhendukirwa, nubwo ubu yambaye isheni n’impeta by’umuringa utavangiye
Active bo bagomba kuba bari Chic buri gihe, ku myambaro kandi itagura macye nubwo wayigurira ahahendutse gute
Active bo bagomba kuba bari Chic buri gihe, ku myambaro kandi itagura macye nubwo wayigurira ahahendutse gute
Dog we ni 'simple' nta bintu byinshi uretse izina n'umwenda
Dog we ni ‘simple’ nta bintu byinshi uretse izina n’umwenda

i Muhanga
Active ku mikara bari buzamukane kuri 'stage' kubigura no kubitoranya ni umurimo
Active ku mikara bari buzamukane kuri ‘stage’ kubigura no kubitoranya ni umurimo
Dream Boys bafashe umukara n'umutuku mu myambaro idahendutse na busa
Dream Boys bafashe umukara n’umutuku mu myambaro idahendutse na busa
Rasta we akomeza kuba rasta
Rasta we akomeza kuba rasta
Active bigomba kubahenda kwambara buri hamwe, kandi bikababera
TNP bigomba kubahenda kwambara buri hamwe, kandi bikababera
Sentore yambaye bisanzwe ariko bihenze
Sentore yambaye bisanzwe ariko bihenze
Kimwe na Knowless
Kimwe na Knowless
Hamwe n'ingofero y'ubusirimu
Hamwe n’ingofero y’ubusirimu
Rapper nawe uyu munsi yabaye nk'uwambaye ibihenzeq
Rapper nawe uyu munsi yabaye nk’uwambaye ibihenze

Mu Ruhango
Melodie yaje mu nzahabu nanone
Melodie yaje mu nzahabu nanone
Active nabo bakomeza kwambara ibihenze n'udukoresho duhenze. (Ecouteurs za Beats Electronics za Dr Dre nk'izi zishobora kugeza kuri 150$)
Active nabo bakomeza kwambara ibihenze n’udukoresho duhenze. (Ecouteurs za Beats Electronics za Dr Dre nk’izi zishobora kugeza kuri 150$)
Abahungu baranipanga neza cyane
Abahungu baranipanga neza cyane
Bruce Melodie usibye inkweto zera anafite izitukura zitatse ikintu gisa na zahabu
Bruce Melodie usibye inkweto zera anafite izitukura zitatse ikintu gisa na zahabu
TNP bambara neza bihenze kandi n'amaringushyo menshi; Bandana ku itako, isogisi risa n'ibutura
TNP bambara neza bihenze kandi n’amaringushyo menshi; Bandana ku itako, isogisi risa n’ibutura
Senderi anyuzamo akanavangavanga amabara
Senderi anyuzamo akanavangavanga amabara
Rimwe na rimwe ubutumwa ku byambarwa n'aba Rasta ntibuba ari sawa.
Rimwe na rimwe ubutumwa ku byambarwa n’aba Rasta ntibuba ari sawa.
Pacy nawe ntabwo aba ari 'moindre'
Pacy nawe ntabwo aba ari ‘moindre’
Na 'macquillage' nta z'ubuntu zibaho
Na ‘macquillage’ nta z’ubuntu zibaho
The rapper yagarutse kuri old skul styles
The rapper yagarutse kuri old skul styles
Knowless mu myambaro isa n'isanzwe ariko itari iya macye
Knowless mu myambaro isa n’isanzwe ariko itari iya macye
Senderi we agira n'iy'akazi ituma anafata amazina mashya aba agezweho nka Mayweather bitewe n'iyo minsi
Senderi we agira n’iy’akazi ituma anafata amazina mashya aba agezweho nka Mayweather bitewe n’iyo minsi
Gusa “tout ce qui brille n’est pas or”