Umuyobzi Wa Akarere Kamwe ko muri ghana kazwi kwizina rya Sekyere yafotowe ari mubiro arimo yambura umukobwa bigaragara ko yari yamufashe ingwatira ari kumwambura isutiya bigaragara ko bari bagiye gusambanira mu biro .
Nkuko Tubikesha ikinyamakuru cya Dailypost Kiravugako iyi foto yaje gufatwa n’ bamwe mubakora kuri aka karere kubera ko akenshi uyu mugabo iyo uri umukobwa mwiza agomba kiubanza kuryamana nawe nyuma akabona kumva ikibazo cyawe ndetse nuko uyu mugabo afite uburiri mu biro by ibi nabyo bikaba ibitungura abantu benshi kubera ko rimwe na rimwe ajya anararamo