Pages

Pages

Pages

Menu

Friday, October 30, 2015

Ishyamba ryo muri Kenya ryabaye indiri yo Gusambaniramo ryongeye gushira ku karubanda Abandi Bagabo na bagore Basambana:AMAFOTO>>>


Muri Kenya burya habayo Agace cyera Kasohokeragamo na Banyacybahiro baje Kwiganirira na Bakunzi babo Ariko uko Imyaka yagiye ihita Niko ako Gace kagiye Gahindura isura yako,
bustani5
Abahasohokeye bose Ugasanga byabaviriyemo ku Hasambanira ntacyo Umuntu yikanga bitewe Nuko Abahaje babaga bishyuye Amafranga yabo Hanyuma Umwe Akaganira nuwo yazanye ibi rero byagiye bituma ako Gace Kamamara birenze Kugeza niyi Saha ako Gace karahari Muri Kenya,

Ariko n’ubwo Abantu bamwe bagiye bahaza Bakahasambanira Nyuma y’imyaka 2 nibwo bamwe bagiye batangira kwisanga ku Karubanda batazi Nuwabafotoye barimo Gusambana ibi rero byagiye bituma bamwe batinya kongera kuhagaruka Ndetse no Kuhasohokera,
bustani8
Kuko Amafoto yabo yari yamaze gukwira kwira isi yose ibi byatumye Polisi ya Kenya ifunga ako Gace kafatwanga Nkubusitani bwiza Ndetse buriw Ese yisangagamo Nyuma yi gihe gito nka meze 6 Barahafunze baje kongera Kuhafungura hakomeza imiromo yaho nka mbere,
Ariko N’ubwo hafunzwe kubera Amafoto ya Bantu bamwe bisangaga ku Karubanda haciye Igihe gito Abantu bahaje bongeye Gufotorwa Nanone Amafoto yabo Agaragara ku Mbuga zimwe za Internet Ariko kuva icyo Gihe ni M’umwaka wa 2013 ntabwo hongeye Gufungwa.
bustani2
Ubu rero mu Cy’umweru Gishize hongeye ku boneka Andi mafoto ya Bantu bahasohokeye Nanone barafotorwa Ariko kugeza iyi Saha ikintu Gisubirwaho cyane N’umuntu Ufotora ayo Mafoto Kuko ntabwo Aboneka aho Aherereye kugeza iyi Saha banyiri ubu Busitani bemeza ko ayo Mafoto batazi Uyafotora,
Nubwo Abahagenda bo hamya ko Afotorwa na banyiri ubwo Busitani ariko bo barabihakana Ndetse hatangiye Gucyekwa ko haba Camera zi taboneka zi shobora kubazi Zihishe bitangaje zifata ayo Mafoto ya Bantu bahaza Ugasanga Basambana nabo Bazanye Gutembera.
bustani9

bustani6

bustani1

bustani3
Hatazagira Umugabo wo muri Kenya Ugushuka akakujyana aho hantu Ukazahatera ibara bene wanyu Bakakubona ba kwambitse Ubusa.