Pages

Pages

Pages

Menu

Monday, September 07, 2015

Ese waruzi ko iyo urimo gukora imibonano n’uwo Mukundana urimo kuniha bituma Umugabo Agukunda cyane Kandi biryoshya imobonano:ALL HEREEEEEEE>>>

Ese waruzi ko iyo urimo gukora imibonano n’uwo Mukundana urimo kuniha bituma Umugabo Agukunda cyane Kandi biryoshya imobonano:Soma Inkuru>>>

Abagabo benshi bakunze kwibaza impamvu abagore bamwe  mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina baba baniha ndetse banasakuza cyane, abandi ntibabikore  bikabayobera  abandi bigatuma bumva ko akazi batagakoze neza ariko ubushakashatsi bugaragaza ko kuniha 2
biterwa n’ibyishimo baba bagize cyangwa bagira ngo batere akanyabugabo abagabo babo rimwe na rimwe bakabyigirisha.

Urubuga Menshealth rugaragaza ko ubushakashatsi bwakozwe ku bagore 280 bari mu myaka hagati ya (20-62) bagiye bemeza ko uko kuniha cyangwa gusakuza bituruka ku byishimo cyangwa uburyohe umugore aba arimo kumva mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.
aff1621254f7c1be92f64550478c56e6
Abakozweho ubushakashatsi bemeza ko kuniha bitangira iyo umugabo yinjije igitsina (penetration vaginal) cyangwa iyo arimo kukoza kuri rugongo (clitoris).
Aba bagore kandi bavuga ko Kugirango banihe cyangwa basakuze akenshi ngo biba mu gihe barimo kumva umunezero usibye ko hari n’ababyigirisha.
kuniha 2
Kuba abagore bose batishima  baniha cyangwa ngo basakuze, nti bituruka ku kuba abagabo baba batabashimishije ahubwo hari n’ababa bumva bababara cyane mu gihe baba bagira ububobere buke mu gitsina cyangwa bagira ubwoba mu gihe cy’akabariro rimwe na rimwe batinya ko hagira ubumva bigatuma biyumanganya.
Hari n’ababyigirisha bagamije gushimisha abagabo bakorana imibonano cyangwa bakabikora babyigana,gusa icyo bose bahurizaho ni uko iyo umugore uniha aryoherwa n’igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina kurusha igihe yiyumanganyije.
N’ubwo atari buri mugabo wese ubikunda gusa abenshi bakunda gukora imibonano mpuzabitsina n’abagore baniha kuko  bituma bigirirs icyizere bakumva ko akazi yagakoze neza kandi binakanabatera ingufu.