Amakuru aryoshye kandi agezweho

banner image

Like US On Facebook

banner image

Excusive:Kigali==> biratangajeeeeeeYibwe telefoni n’amafaranga yari akuye mu buraya, yambara ubusa

Umukobwa wemera ko akora umwuga w’uburaya wo mu Murenge wa Gatsata mu Karere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali yagaragaye mu yambaye ubusa mu Mujyi rwagati wa Kigali nyuma yo kwibwa telefoni ebyiri zo mu bwoko bwa Tecno n’amafaranga ibihumbi 10 ngo yari yahawe n’umugabo basambanye.


Mu gitondo cyo kuwa Gatandatu tariki ya 15 Kanama, nibwo uyu mukobwa wiyemerera ko yicuruza, yagaragaye yambaye ubusa mu kabari kabari kamwe gaherereye mu Murenge wa Muhima mu Karere ka Nyarugenge.
Abari aho uyu mukobwa yambura ubusa ku manywa y’ihangu, bemeza ko yabitewe n’akababaro nyuma yaho hari umusore umwibye telefoni n’amafaranga ye dore ko ngo ari nawe wari wamushakiye umugabo amuhaye ibyo bihumbi 10.
Umwe mu bari aho yagize ati “ Uwo musore yamushakiye umugabo bararana noneho umugabo amwishyura amafaranga ibihumbi 10 noneho bagiye kujya muri gahunda zabo arayafata na telefoni ebyiri za Tecno yari afite arabimusigira nibwo nyuma yagarutse asanga yigendeye ahita ata umutwe atangira kwambara ubusa.”
Uyu mukobwa wavugaga yungikanya amagambo n’uburakari bwinshi, we yagize ati “ Njye nibampe telefoni yanjye ya Android D 5 ya Tecno n’akandi gato kagura ibihumbi 8 n’amafaranga ibihumbi 10. Nayakoreye barebe ko ntagenda […] ndaguma aha mbatere imyaku niba ariyo bashaka.”
Yananiwe kwihangana maze araturika ararira
Ibyo kwambara akikwiza byari umuziro... yashakaga telefoni n'amafaranga gusa
Ibyo kwambara akikwiza byari umuziro... yashakaga telefoni n'amafaranga gusa
Excusive:Kigali==> biratangajeeeeeeYibwe telefoni n’amafaranga yari akuye mu buraya, yambara ubusa Excusive:Kigali==> biratangajeeeeeeYibwe telefoni n’amafaranga yari akuye mu buraya, yambara ubusa Reviewed by ibigezwehobyose on Sunday, August 16, 2015 Rating: 5

Random Post

Powered by Blogger.