Pages

Pages

Pages

Menu

Tuesday, July 21, 2015

Abagande babyina ibimasuro Nyamirambo ahitwa mu Kabodi Babyina bireka Ibitsina byabo:AMAFOTO>>>

nyamirambo niho Ubu habaye nki cyahoze kitwa SKY Hotel kera Mu myaka yashize aho wasanganga Abagande ba moko yose bitewe nuko Ariho hazanye ibintu byo ku byina mu Rwanda Mu buryo bw’ikimasuro guhera mu 2004 kugeza 2010 iyo SKY Hotel Niyo yagiranga ibimasuro bimwe twavuga ko byari ku rwego rwo hejuru Mu buryo butangaje,
IMG-20150720-WA0011
Babyina berekana amakariso yabo aho ni mu kabodi inyamirambo.
Nyuma haje Ahandi hitwaga Nyira Rock aho naho hakoze Amateka Mukuzana abakobwa ba byinaga ibimasuro ariko ho ntabwo Amahirwe yabesekeye kuko Leta yahise ihafunga bidatinze kubera Urusaku rwahabanga ari rwinshi kuva icyo gihe muri Kigali haba hadutse ibimasuro Mu Tubari twose twa Kigali k’uburyo ubu Udafite abakobwa ba byina ibimasuro usanga Abakiriya be ari bake Mu buryo bugaragara.
Kugeza ubu igikomeje kuvugwa cyane ndetse giteye inkeke N’uko Abakobwa ba byina ibimasuro usanga ba byina berekana N’ubusa bwabo Ugasanga bitameze neza nka Mbere uko byari bimeze ibi rero usanga bisa naho bikurura ubusambanyi Ku bantu benshi ikindi nuko Ku byina Mu Tubari ubu Unasangamo Abakobwa ba banyarwanda usanga baratorotse Iwabo bakaza Ku byina Mu Tubari twahano muri Kigali.
IMG-20150720-WA0012
Ibi rero bikomeje bishobora no gutuma Abana batoya bakiri mu mashuri bazajya bacikisha Amashuri yabo batarangije kwiga bose bakirukira Mu ku byina Mu Tubari bitewe Nuko nta ngamba zihamye zari zafatirwa Ibi bimasuro bibera Mu mujyi wa Kigali.
Bikwiye kubaho ariko hakitabwaho cyane Ku bantu ba byina ibyo bimasuro Imyaka bafite Ndetse no kumenya neza niba abo bakobwa baba bataratorotse iwabo cyagwa baratorotse Ku mashuri nkuko tugenda Tubyumva mu bantu bamwe usanga bazi abo bana ba byina mu tubari.
IMG-20150720-WA0010