Umucyecuru yahuye n’uruva gusenya ubwo yarimo yigendera 
mumuhanda maze agahura n’umugore w’umukarasi agahita amufata ngo 
namwishyure inkweto ze yajyanye , gusa uyu mucyecuru we n’amarira 
menshi, yavugagako ntanaho azi uyu mugore uri kumushinja ubujura ahubwo 
yaba yamwibeshyeho.
 Ibumoso
 ni uwo mucyecuru ufite anverope ya kaki washinjwaga kwiba , naho uwo 
w’iburyo niwe mukarasi wari wanze kuva kwizima atishyuwe ibihumbi bibiri
 (2000frw).
Kigali , Nyarugenge mumurenge wa Kimisagara umubyeyi yarimo yitahira 
ahagana mumasaha ya samoya z’umugoroba maze ahura n’umugore wavugagako 
ari umukarasi maze aramufata , akaba yarimo amushinja inkweto yibiwe 
nyabugogo arimo gucuruza. Uyu mukarasi yavugaga ko atamucika atamwishuye
 ibihumbi bibiri (2000frw) bari bamaze kuvugana.
Ibumoso
 ni uwo mucyecuru ufite anverope ya kaki washinjwaga kwiba , naho uwo 
w’iburyo niwe mukarasi wari wanze kuva kwizima atishyuwe ibihumbi bibiri
 (2000frw).
Kigali , Nyarugenge mumurenge wa Kimisagara umubyeyi yarimo yitahira 
ahagana mumasaha ya samoya z’umugoroba maze ahura n’umugore wavugagako 
ari umukarasi maze aramufata , akaba yarimo amushinja inkweto yibiwe 
nyabugogo arimo gucuruza. Uyu mukarasi yavugaga ko atamucika atamwishuye
 ibihumbi bibiri (2000frw) bari bamaze kuvugana.
 Yatangiriwe
 munzira mu masaha y’umugoroba ashinjwa kwiba inketo n’umuntu abonye 
bwambere ndetse abantu banagerageza kubakiza ariko biba ibyubusa kubera 
ubukana uyu mukarasi yari afite.
Uyu mukarasi wanabonagako atamucika atazimwishyuye yavugaga ko 
bahuriye Nyabugogo ahakunze kurangwa abakarasi baba barimo batembereza 
ibicuruzwa bigiye bitandukanye , maze amusaba kumwereka inkweto yarimo 
acuruza nuko nyuma yo kuvugana ibiciro Polisi ihita ihagera maze uyu 
mukarasi ayabangiringata kuko ubucuruzi bwabo butemewe maze zankweto 
azisigira umukiriya atarishyurwa . Nyuma Polisi (pandagare) imaze 
kugenda agaruka gushaka wa muntu  yahaye inkweto ngo amwishure maze 
aramubura.
Yatangiriwe
 munzira mu masaha y’umugoroba ashinjwa kwiba inketo n’umuntu abonye 
bwambere ndetse abantu banagerageza kubakiza ariko biba ibyubusa kubera 
ubukana uyu mukarasi yari afite.
Uyu mukarasi wanabonagako atamucika atazimwishyuye yavugaga ko 
bahuriye Nyabugogo ahakunze kurangwa abakarasi baba barimo batembereza 
ibicuruzwa bigiye bitandukanye , maze amusaba kumwereka inkweto yarimo 
acuruza nuko nyuma yo kuvugana ibiciro Polisi ihita ihagera maze uyu 
mukarasi ayabangiringata kuko ubucuruzi bwabo butemewe maze zankweto 
azisigira umukiriya atarishyurwa . Nyuma Polisi (pandagare) imaze 
kugenda agaruka gushaka wa muntu  yahaye inkweto ngo amwishure maze 
aramubura.
Nyuma y’iminsi rero ishize rero nibwo muri uyu mugoroba wo kuwa kane yaje guhura n’uyu mucyecuru maze amwizirikaho kugeza igihe aribuze kumwishyurira.
 Hari abantu benshi barimo bumva urubanza rw’aba bombi nubwo kurukiranura byari byananiranye.
Mumagambo macye uyu mu mama wari wafashwe yakoreshaga , yasabaga ko 
bamukiza uyu muntu akigira muri gahunda ze kuko yamwibeshyeho kandi 
ntaninkweto yigeze agurira Nyabugogo mubakarasi ,doreko kandi 
ataniyumvishaga uburyo ariwe waba uri gushinjwa ibintu by’amafuti 
nk’ibyo ari n’ubwambere abonye uyu muntu.
Hari abantu benshi barimo bumva urubanza rw’aba bombi nubwo kurukiranura byari byananiranye.
Mumagambo macye uyu mu mama wari wafashwe yakoreshaga , yasabaga ko 
bamukiza uyu muntu akigira muri gahunda ze kuko yamwibeshyeho kandi 
ntaninkweto yigeze agurira Nyabugogo mubakarasi ,doreko kandi 
ataniyumvishaga uburyo ariwe waba uri gushinjwa ibintu by’amafuti 
nk’ibyo ari n’ubwambere abonye uyu muntu.
Bitewe n’akavuyo kenshi uyu mukarasi yari afite , haje abasirikare bashinzwe umutekano wo ku mihanda maze bose babategeka kujya kuburanira kubashinzwe umutekano wahongaho kugirango batange umutekano.
Ibaze nawe uramutse uhuye n’ikibazo nk’iki witembereraga , wabyitwaramo ute umuntu yanze kukurekura ngo wikomereze gahunda warimo?
Nyuma y’iminsi rero ishize rero nibwo muri uyu mugoroba wo kuwa kane yaje guhura n’uyu mucyecuru maze amwizirikaho kugeza igihe aribuze kumwishyurira.
Bitewe n’akavuyo kenshi uyu mukarasi yari afite , haje abasirikare bashinzwe umutekano wo ku mihanda maze bose babategeka kujya kuburanira kubashinzwe umutekano wahongaho kugirango batange umutekano.
Ibaze nawe uramutse uhuye n’ikibazo nk’iki witembereraga , wabyitwaramo ute umuntu yanze kukurekura ngo wikomereze gahunda warimo?
