Pages

Pages

Pages

Menu

Tuesday, February 10, 2015

Madonna w’imyaka 56 yakoreye ibisa n’ubusambanyi ku rubyiniro


Ku myaka 56 umuhanzi Madonna yakoreye ibisa n’ubusambanyi ku rubyiniro n’ababyinnyi be ubwo yaririmbaga mu birori byo gutanga ibihembo bya Grammy Awards 2015.
Nk’uko Daily Mail yabitangaje, uyu mukecuru usatira imyaka 60 y’ubukure yatunguranye mu buryo bukomeye ubwo yaririmbaga mu Live indirimbo ye nshya yise ‘Living For Love’.
Uyu muhanzi yatunguranye ubwo yazaga ku rubyiniro aherekejwe n’abagabo bari bipfutse mu maso ku buryo amasura yabo atagaragaraga maze babyina imbyino zivanzemo ibikorwa benshi bafashe nk’ibyigisha ubusambanyi dore ko hari abana bari munsi y’imyaka 18 bari bakurikiye uyu muhango kuri Televiziyo zitandukanye.
AMAFOTO: