Umusore w’imyaka 18 yamavuko yisanze akundana na nyina w’imyaka 36 y’amavuko, urukundo nku urw’umugabo n’umugore babana munzu.
Muri Leta zunze ubumwe z’amerika habonetse umusore w’imyaka 18
y’amavuko akaba akundana na nyina w’imyaka 38 y’amavuko, harimo
ikinyuranyo k’imyaka 22 nyina amurusha.
Nkuko bitangazwa n’uyu mubyeyi wa Caleb, avuga ko uyu muhungu
yamufashe ari umwana muto cyane, amufata muburyo bwo kumufasha ubuzima
cyangwa ku murera (adopter), nyuma aza kumubera umwana mwiza bidasanzwe,
kuko ngo uyu mwana yakuranye urukundo rudasanzwe rw’umwana akunda nyina
wa mubyaye.
Ibi byaje gutuma uyu mugore Monic akunda cyane mu bana 9 yabyaye uyu
mwana caleb, ngo kuko uyu mwana yarafite imico myiza cyane itandukanye
n’iyabandi bana yabaye nyina atakekaga, cyangwa se ngo ayibone mu yindi
miryango irimo abana, byatumye uyu mubyeyi urukundo yakundaga abana
rw’iyongera kurushaho, cyane ko yarafite abandi bana 9 yabyaye kubera
gukunda abana.
Uru rukondo rwa cyane Monic yakunze Caleb rwaje kuvamo urwo kuryamana
n’umuhunguwe yirereye, kuva mu bwana. Ibi byaje guturuka aho uyu
mubyeyi yakoresheje umwana we imibonana mpuza bitsina, bitewe n’urukundo
yakundaga uyu mwana, rwamunaniye kwihangana. Urukundo rwa kibyeyi
ruhumira kumurari uwari umwana we abahinduka umugabo we.
Abaturanyi b’uyu Monica ntibabyihanganiye cyane, kuko bari bazi ko
uyu mwana Caleb ari uw’uyu mugore kuko bamubonye ari muto, bakomeza
kubona imyitwarire n’imibanire ya Caleb na Nyina idasanzwe, atari
iy’umwana na anyina, bitewe n’uko urukundo rwabo rwari rumaze kubagiramo
izindi mbaraga batabashaga kubihisha ko ari umwana na nyina. Bari
basigaye bagenda basomanira mu nzira ndetse no kumabaraza y’inzu yabo,
niko kwitabaza inzego z’ubuyobozi.
Ibi kandi byemezwa neza n’ubuhamya nyirubwite Monic, Mama Wa Caleb
atangira imbere y’ubuyobozi, yemeza neza ko uyu mwana ari umukunzi we
w’akataraboneka, avugako n’ubwo we arikubuzwa burenganzira, ntamukunzi
wamurutira umwana we Caleb, kandi ngo nta nuzigera abaho. Mu magambo ye
Monic Yagize ati:”Ni umukunzi wanjye w’ubuzima ntifuza gutakaza,
umuryango wanjye uramukunda ndetse n’abana banjye baramukunda yewe bana
bamwita Papa, rero ntakibi kigomba kuba hagati yacu, niyo yaba
ubutegetsi cyangwa uburoko, ntacyo”.
Caleb nawe yagize ati;” Mugihe mugiye gufunga umukunzi wanjye cyangwa
umubyeyi wanjye najye ntimunsige kuko nsinshobora kubaho ntamufute,
kuko niwe kintu cy’ubutunzi mfite muri iy’isi, niwe wamenye ubuzima
bwanjye bwose, rero nanjye ngomba kuzamenya ubuzima bwe mugihe nzaba
nkimubona mu maso yanjye”.
Urukiko rwa Leta zunze ubumwe z’Amerika rurateganya ko icyaha
kiramutse kimuhamye yahanishwa igihano cy’igifungo cy’amezi 16 ari mu
buroko agacibwa amande angana n’ibihumbi bitanu by’amadorali.