Amakuru aryoshye kandi agezweho

banner image

Like US On Facebook

banner image

Umuraperi w’umunyamerika uzwi nka T.I ndetse n’umugore we babana ubuwitwa Tiny bagiye kongera kwibaruka umwana wabo wa 3 bagiye kubyarana nkuko uyu Tiny yabitangaje kuri instagram ye;akaba ari umwana kandi wa 6 kuri T’I. T.I ubusanzwe afite abana bagera kuri 3 bose yabyaranye n’undi mugore mbere atarabana na Tiny aribo Messiah,Domani na Deyjah.Naho abo amaze kubyarana na Tiny nk’umugore babana ni 2 akaba ari King na Major nabo bitegura kubona murumuna wabo uvuka mu minsi mike iri imbere nkuko nyina wabo yabitangaje. Ti na Tiny T.I n’umufasha we Tiny bitegura undi mwana. Muri runo rugo rw’aba bombi ntago ari umugabo wabashije kuba yaba afite abandi bana hanze kuko uyu mufasha we nawe afite umwana yabyaranye n’undi mugabo mbere yo kubana na T.I

Umuraperi w’umunyamerika uzwi nka T.I ndetse n’umugore we babana ubu witwa Tiny bagiye kongera kwibaruka umwana wabo wa 3 bagiye kubyarana nkuko uyu Tiny yabitangaje kuri instagram ye;akaba ari umwana kandi wa 6 kuri T’I.

Ti na Tiny
T.I ubusanzwe afite abana bagera kuri 3 bose yabyaranye n’undi mugore mbere atarabana na Tiny aribo Messiah,Domani na Deyjah.Naho abo amaze kubyarana na Tiny nk’umugore babana ni 2 akaba ari King na Major nabo bitegura kubona murumuna wabo uvuka mu minsi mike iri imbere nkuko nyina wabo yabitangaje.

T.I n’umufasha we Tiny bitegura undi mwana.

Muri runo rugo rw’aba bombi ntago ari umugabo wabashije kuba yaba afite abandi bana hanze kuko uyu mufasha we nawe afite umwana yabyaranye n’undi mugabo mbere yo kubana na T.I

Umuraperi w’umunyamerika uzwi nka T.I ndetse n’umugore we babana ubuwitwa Tiny bagiye kongera kwibaruka umwana wabo wa 3 bagiye kubyarana nkuko uyu Tiny yabitangaje kuri instagram ye;akaba ari umwana kandi wa 6 kuri T’I. T.I ubusanzwe afite abana bagera kuri 3 bose yabyaranye n’undi mugore mbere atarabana na Tiny aribo Messiah,Domani na Deyjah.Naho abo amaze kubyarana na Tiny nk’umugore babana ni 2 akaba ari King na Major nabo bitegura kubona murumuna wabo uvuka mu minsi mike iri imbere nkuko nyina wabo yabitangaje. Ti na Tiny T.I n’umufasha we Tiny bitegura undi mwana. Muri runo rugo rw’aba bombi ntago ari umugabo wabashije kuba yaba afite abandi bana hanze kuko uyu mufasha we nawe afite umwana yabyaranye n’undi mugabo mbere yo kubana na T.I Umuraperi w’umunyamerika uzwi nka T.I ndetse n’umugore we babana ubuwitwa Tiny bagiye kongera kwibaruka umwana wabo wa 3 bagiye kubyarana nkuko uyu Tiny yabitangaje kuri instagram ye;akaba ari umwana kandi wa 6 kuri T’I.   T.I ubusanzwe afite abana bagera kuri 3 bose yabyaranye n’undi mugore mbere atarabana na Tiny aribo Messiah,Domani na Deyjah.Naho abo amaze kubyarana na Tiny nk’umugore babana ni 2 akaba ari King na Major nabo bitegura kubona murumuna wabo uvuka mu minsi mike iri imbere nkuko nyina wabo yabitangaje.    Ti na Tiny T.I n’umufasha we Tiny bitegura undi mwana.   Muri runo rugo rw’aba bombi ntago ari umugabo wabashije kuba yaba afite abandi bana hanze kuko uyu mufasha we nawe afite umwana yabyaranye n’undi mugabo mbere yo kubana na T.I Reviewed by Unknown on Wednesday, December 30, 2015 Rating: 5

Random Post

Powered by Blogger.