Amakuru aryoshye kandi agezweho

banner image

Like US On Facebook

banner image

The Ben na Princess Priscillah basogongeje abakunzi babo ku ishusho y'uburyohe bw'urukundo

Abahanzi nyarwanda The Ben na Princess Priscilla babarizwa ku mugabane wa Amerika, bashyize hanze indirimbo ya mbere bakoranye “Ntacyadutanya” ikubiyemo amagambo y’imitoma buri umwe abwira undi, indirimbo yumvikanamo amagambo y'uburyohe bw'urukundo.
Iyi ndirimbo “Ntacyadutanya” yakozwe na Lick Lick nyuma y'umunsi umwe igeze hanze imaze gukundwa cyane n’abakunzi ba muzika nyarwanda by’umwihariko abakunzi b’aba bahanzi babashije kuyumva. Muri iyi ndirimbo The Ben yumvikana atera umutoma Priscillah akamubwira ko naho izuba ryareka kurasa, atazigera ayoba ahari, hanyuma na Princess Priscillah bikaba uko, aho bombi berekana ishusho nyayo y'umusore n'umukobwa baryohewe no gukundana.
Nk'uko byumvikana muri iyi ndirimbo, The Ben abanza atera, Priscilla nawe akamwikiriza. The Ben akomeza amubwira ko ariwe soko y’umutuzo we, akaba ari mwiza ubereye urugo akaba ariyo mpamvu yiyemeje kumukundwakaza. Ati “Nzagukundwakaza, nzagutuza utunganirwe, soko y’umutuzo wanjye, ntacyadutanya, uri mwiza ubereye urugo.”

The Ben na Priscilla
Priscillah amwikiriza avuga ko kubaho atamufite bimeze nk’igiti kitagira amashami. Ati “Naho imvi zanjye zaba uruyenzi nzibuka, ntawe uzigera aguhiga, wanyibukije inzozi nziza narose kera, nzakubera ubutaka uzakuramo imiringa.” Amashusho y'iyi ndirimbo azagaragara bombi bari ku mazi baganira babwirana amagambo y'urukundo, bakomeze kwerekana ishusho y'abakundana nyabyo.
rekezo bahaye urukundo rwab

Read more at: http://yegob.com/index.php?option=com_content&view=article&id=7088
Copyright © yegob.com, All Right Reserved
Abahanzi nyarwanda The Ben na Princess Priscilla babarizwa ku mugabane wa Amerika, bashyize hanze indirimbo ya mbere bakoranye “Ntacyadutanya” ikubiyemo amagambo y’imitoma buri umwe abwira undi, indirimbo yumvikanamo amagambo y'uburyohe bw'urukundo.
Iyi ndirimbo “Ntacyadutanya” yakozwe na Lick Lick nyuma y'umunsi umwe igeze hanze imaze gukundwa cyane n’abakunzi ba muzika nyarwanda by’umwihariko abakunzi b’aba bahanzi babashije kuyumva. Muri iyi ndirimbo The Ben yumvikana atera umutoma Priscillah akamubwira ko naho izuba ryareka kurasa, atazigera ayoba ahari, hanyuma na Princess Priscillah bikaba uko, aho bombi berekana ishusho nyayo y'umusore n'umukobwa baryohewe no gukundana.
Nk'uko byumvikana muri iyi ndirimbo, The Ben abanza atera, Priscilla nawe akamwikiriza. The Ben akomeza amubwira ko ariwe soko y’umutuzo we, akaba ari mwiza ubereye urugo akaba ariyo mpamvu yiyemeje kumukundwakaza. Ati “Nzagukundwakaza, nzagutuza utunganirwe, soko y’umutuzo wanjye, ntacyadutanya, uri mwiza ubereye urugo.”
The Ben na Priscilla
Iki n'ikibazo abantu benshi bibaza muri iki kinyejana turimo,impamvu abenshi bakibaza ntakindi n'uko urukundo rwa benshi aho ruva rukagera rwabaye imibonano mpuzabitsina, ni benshi bakundanye igihe kirekire ariko batanywa n'uko umwe yifuje ko baryamana,ni benshi kandi bagiye bashwana nyuma yuko bamaze gukora imibonano mpuzabitsina maze umusore akamera nk'uhishuye icyari gihishwe n'uko agakizwa n'amaguru,ntazongere kureba n'irihumye uwo yahoze yita umukunzi nyawe,Gusa ntitwibagirwe kandi ko hari nabo ukubana kwabo gushingiye ku kuryamana gusa,ariko se muri aba bose ni abahe bafite urukundo rukwiye,umutima ushaka? Urukundo nyarwo ni ikintu kintu kirenze ubusambanyi,ni ikindi kintu kirenze irari ndetse gitandukanye n'uburyarya busa n'ubweze kuri iki gihe,Kuryamana n'uwo wita umukunzi wawe byabaye aribyo bintu bigutera kugira inkeke mu buzima kuko erega hari n'igihe uba umwita inshuti nyanshuti wowe akubona nk'umuntu uzahinduka igikoresho cy'irari ry'umubiri we mu gihe runaka. Ahari igihe akubwira ati "amubura ugire icyo umurari"aba aricyo gihe cy'ukuri aba abonye ko bishoboka ko wamumarira icyo agutezemo,Biragusaba gufungura amaso ndetse cyane kureba kure no gutekereza birenze rimwe,Gusa ntitwirengagize ko hari n'igihe ibyo agusaba gukora nawe uba aribyo wifuza,muri icyo gihe biragoye kukubuza gukora icyo wifuza,ni nko kubuza ingamiya yo mu butayu gushoka mu gihe igeze ku iriba,ariko niba nawe umeze uko ukwiye kwitekerezaho,nyuma uzasanga urukundo umutima wawe ukwiye,atari urwo gukora imibonano mpuzabitsina uko umutima uteye. None noba wumva wakifashisha rumwe mu rugingo Imana yagihaye kugira ugume mu bucuti buzira umuraba,ujya wibuka ko ubwabyo ibyo ukora cyangwa waba ukoze ari icyaha,ahubwo se kuki utibaza uko byagenda nyuma yuko mwamara kuryamana maze uwo wemereye kwamburira kuva wavuka akagutera umugongo nk'uko byagendekeye umukunzi wacu Nella(wabisoma hano): Namwemereye ko turyamana none ubu twabyaranye abo kuva icyo gihe. Mu by'ukuri kuryamana n'uwo mukundana mutara kora ubukwe akenshi biranga kwibeshya cyane ndetse n'uguhubuka kurenze kamere,ni benshi babikora nyuma bakicuza,ni benshi babikora bagahinduka ibivume ndetse burya ngo agapfundikiwe gatera amatsiko,Ariko kandi ntitwirengagije ko buri bantu bafite icyerekezo bahaye urukundo rwabo dore ko nk'uko twabivuze haruguru hari ababana bashingiye ku guhuza ibitsina iteka mu buzima bwabo . Ntanarimwe urukundo rw'ukuri ruzashimangirwa n'uko abarufitanye bakoze imibonano mpuzabistina uko imitima yabo ibishatse,gusa igikwiye n'uko abakundana bategereza igihe bazabanira niba bakundanye urwo kuzabana ho kwitesha icyubahiro ndetse imitima igahora ibishyuza ibyo bakoze mbese birenze no kwiba,cyakora hari aba barwaye indwara ibagira imbata yogukora imibonano mpuzabistsina,abo bo birashoboka.

Read more at: http://yegob.com/index.php?option=com_content&view=article&id=7088
Copyright © yegob.com, All Right Reserved
Iki n'ikibazo abantu benshi bibaza muri iki kinyejana turimo,impamvu abenshi bakibaza ntakindi n'uko urukundo rwa benshi aho ruva rukagera rwabaye imibonano mpuzabitsina, ni benshi bakundanye igihe kirekire ariko batanywa n'uko umwe yifuje ko baryamana,ni benshi kandi bagiye bashwana nyuma yuko bamaze gukora imibonano mpuzabitsina maze umusore akamera nk'uhishuye icyari gihishwe n'uko agakizwa n'amaguru,ntazongere kureba n'irihumye uwo yahoze yita umukunzi nyawe,Gusa ntitwibagirwe kandi ko hari nabo ukubana kwabo gushingiye ku kuryamana gusa,ariko se muri aba bose ni abahe bafite urukundo rukwiye,umutima ushaka? Urukundo nyarwo ni ikintu kintu kirenze ubusambanyi,ni ikindi kintu kirenze irari ndetse gitandukanye n'uburyarya busa n'ubweze kuri iki gihe,Kuryamana n'uwo wita umukunzi wawe byabaye aribyo bintu bigutera kugira inkeke mu buzima kuko erega hari n'igihe uba umwita inshuti nyanshuti wowe akubona nk'umuntu uzahinduka igikoresho cy'irari ry'umubiri we mu gihe runaka. Ahari igihe akubwira ati "amubura ugire icyo umurari"aba aricyo gihe cy'ukuri aba abonye ko bishoboka ko wamumarira icyo agutezemo,Biragusaba gufungura amaso ndetse cyane kureba kure no gutekereza birenze rimwe,Gusa ntitwirengagize ko hari n'igihe ibyo agusaba gukora nawe uba aribyo wifuza,muri icyo gihe biragoye kukubuza gukora icyo wifuza,ni nko kubuza ingamiya yo mu butayu gushoka mu gihe igeze ku iriba,ariko niba nawe umeze uko ukwiye kwitekerezaho,nyuma uzasanga urukundo umutima wawe ukwiye,atari urwo gukora imibonano mpuzabitsina uko umutima uteye. None noba wumva wakifashisha rumwe mu rugingo Imana yagihaye kugira ugume mu bucuti buzira umuraba,ujya wibuka ko ubwabyo ibyo ukora cyangwa waba ukoze ari icyaha,ahubwo se kuki utibaza uko byagenda nyuma yuko mwamara kuryamana maze uwo wemereye kwamburira kuva wavuka akagutera umugongo nk'uko byagendekeye umukunzi wacu Nella(wabisoma hano): Namwemereye ko turyamana none ubu twabyaranye abo kuva icyo gihe. Mu by'ukuri kuryamana n'uwo mukundana mutara kora ubukwe akenshi biranga kwibeshya cyane ndetse n'uguhubuka kurenze kamere,ni benshi babikora nyuma bakicuza,ni benshi babikora bagahinduka ibivume ndetse burya ngo agapfundikiwe gatera amatsiko,Ariko kandi ntitwirengagije ko buri bantu bafite icyerekezo bahaye urukundo rwabo dore ko nk'uko twabivuze haruguru hari ababana bashingiye ku guhuza ibitsina iteka mu buzima bwabo . Ntanarimwe urukundo rw'ukuri ruzashimangirwa n'uko abarufitanye bakoze imibonano mpuzabistina uko imitima yabo ibishatse,gusa igikwiye n'uko abakundana bategereza igihe bazabanira niba bakundanye urwo kuzabana ho kwitesha icyubahiro ndetse imitima igahora ibishyuza ibyo bakoze mbese birenze no kwiba,cyakora hari aba barwaye indwara ibagira imbata yogukora imibonano mpuzabistsina,abo bo birashoboka.

Read more at: http://yegob.com/index.php?option=com_content&view=article&id=7088
Copyright © yegob.com, All Right Reserved
The Ben na Princess Priscillah basogongeje abakunzi babo ku ishusho y'uburyohe bw'urukundo The Ben na Princess Priscillah basogongeje abakunzi babo ku ishusho y'uburyohe bw'urukundo Reviewed by Unknown on Monday, December 21, 2015 Rating: 5

Random Post

Powered by Blogger.