Pages

Pages

Pages

Menu

Wednesday, December 30, 2015

Sandra Teta Na Dreke bakubitiwe mu kabari imbere yimbaga y’abantu bari bitabiriye After Party ya Red Avenue

IMG_0049

kuri uyu wagatandatu mumasaha asanga sakumi nimwe zamugitondo Umuhanzi Dreke wo muri Active ndetse n’Umukunzi we Teta Sandra bakubitiwe mumaso yabantu basaga 100 bari bari hanze mumbuga yakabari gaherereye i Kigali kazwi ku izina rya People.

8OPYhAm


Imva nimvano yo gukubitwa kwibi byamamare byo mu Rwanda


Mu Gitaramo cyateguwe na Teta Sandra yise Red Avenue cyabereye mumugi wa Kigali munyubako ya KCT ubwo cyarangieaga mc Tino yavuze ko abashaka kugumana nabastar bari babyitabiriye barimo Hudda ndetse na Vanessa Mdee wo mugihugu cya tanzania ko After Party iri bubere kacyiru ahitwa People abantu bose niho bahise berekeza ,  mukugerayo Teta Sandra na Dreke bari kumwe nishuti zabo ndetse na Musaza wa Teta tutabashije kumenya Izina  ubwo bageraga kumuryango kwinjira bishyuzaga Amafaranga 3000 byamanyarwanda maze ushinze umutekano wa People abwira Dreke ko we na Teta bagomba Kwinjira kubuntu ariko abandi bakishyura , Ushinzwe umutekano akivuga gutyo musaza wa Teta yahise amukubita Igipfunsi cyo mugatuza agikubita ushinzwe Umutekano maze nawe ararakara abahukamo arabadiha  Muyoboke Alex na Kate Gustave babonye bikomeye bahise bajya gukurura Teta Sandra baramuhungisha.
Icyo Dreke yaganirije inshuti nyuma yo Gukubitwa
Dreke umusore wo muri Active akimara gukubitwa areba umukunzi we Miss Sandra Teta ari kurira yabwiye Inshuti ye bari kumwe nawe wanakubiswe muri ako kavuyo ni Trecy wo muri Tnp Dreke yamubwiye ko ataherukaga Imirwano ko ndetse yaherukaga kurwana mbere yuko aba umuhanzi , gusa Dreke akaba yarasabye Imbabazi ushinzwe umutekano amubwira ko atabikuye kumutima kugirango barwane ko ahubwo yabitewe numujinya wakanya gato