Pages

Pages

Pages

Menu

Wednesday, December 30, 2015

” The Fusion ” igitaramo kizagaragaramo ibyamamare mu mujyi wa huye


    Iki gitaramo cyahawe izina “The Fusion ” kizabera mu Karere ka Huye tariki ya 4 kizaba kirimo abahanzi nka: Knowless, Riderman, Kid Gaju, Social Mula, Super Brothers, Edomon na Shinning Boy. Dj Théo uri kugitegura akaba ahamya ko  muri iki  hazaba harimo umwihariko kuko azagishyiramo imbaraga cyane cyane ko ariho avuka.
    11235438_10205764461695829_9131988855906381085_n


    kuri uyu wa gatanu tariki ya 4 Ukuboza 2015 mu cyahoze ari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda nibwo bazaba bibonera imbona nkubone ibi byamamare muri muzika nyarwanda.

    Manager Dj Theo
    Manager Dj Theo
    Tubibutseko uyu Dj Theo yagiye ategura ibitaramo bikomeye hano mu rwanda ndetse mpuzamahanga aho yafatanyaga nuwitwa Muyoboke Alex ,ndetse aba bagabo bakaba baragiye bafasha mu kuzamura impano nubujyanama ku bahanzi batandukanye bakomeye hano mu Rwanda