Pages

Pages

Pages

Menu

Monday, December 28, 2015

BYARI IBICIKA MURI MOTEL RUBAVU MU ITORA RYA MISS RUSIZI ==>INKURU+AMAFOTO

IKI NI IGIKORWA cyateguwe na GODFATHER RECORD iyobowe na NDUWIMANA JEAN PAUL  aka NOOPJA WAMENYEKANYE MU INDIRIMBO NKA MURABEHO NA NABAGABO NIZINDI Afatanyije
na Hapa Media Center itegura iki gikorwa bikaba byari ibirori 
MISS AKABA YARATWAWE NA TETA AFSA DORE UKO BYARI BIMEZE
ABINYUJIJE KURUKUTA RWE RWA FACEBOOK NOOPJA YAGIZE ABANTU ASHIMIRA AGIRA ATI:"

Mbikuye ku mutima nishimiye uko imigendekere y'igitaramo GODFATHER RECORDS twari twateguye kuri Noheli i Rusizi muri Motel Rubavu !!! Mwarakoze namwe bavandimwe banjye URBAN BOYZ nka Safi Madiba na‪#‎Humble‬ ndetse ‪#‎Nizzokaboss‬ kuba mwaraje kunshyigikira. Mwarakoze namwe team ya Hapa Media Center k'ubufatanye bwiza bwaturanze muri iki gikorwa hakaboneka Miss Kamembe. Thank You RC Rusizi,Motel Rubavu,Dr Willy,Alimentation Rafiki and other partners in this event. Guhera 2009 umuntu arwana urugamba rutoroshye kugira ngo iwacu‪#‎Entertainment‬ itere imbere none ndabona bigeze aheza twarotagaaa. Nishimiye kubona impano zidasanzwe nka ‪#‎Marchall‬ n'iz'abana b'ababyinnyi badasanzweee... Namwe mujye muza dukorane birashoboka muri GODFATHER RECORDS..."

DORE AMAFOTO UKO BYARI BIMEZE
                   ABANTU BARI URUVUNGANZOKA BAJE KUREBA URBAN BOYZ


              MR NZU YAGEZAHO ATEZAMO ABANTU BARAHAGARUKA

TETA AFSA NIWE WAMBITSWE IKAMBA HAMWE N'ABATERANKUNGA BIRI RUSHANWA






              YATANGIYE KUMWENYURA AMAZE GUHIGIKA ABO BARI KUMWE MURI IRI RUSHANWA
     URBAN BOYZ YAGERAGAHO IGACEKAMO MU MYAMBARO IMEZE UTYA 
                     GAKONDO NTIZAHATANZWE
                               MISS TETA N'ABABYEYI BE
IBIVUGWA: IRI RUSHANWA RYABANJE KUGORANA KUBURYO AMAKURU YABANJWE KWIMANWA GUSA NDASHIMA NOOPJA WITANZE AGATANGA POST NAHO TUNABIBUTSE KO BYARI BIHERUKA AHAYINGA MU MWAKA WA 2010 ABAKUNZE IKI GIKORWA BAVUGA KO BURI MWAKA BAJYA BABIKORA ABABISHINZWE KANDI N'INZEGO Z'UBUYOBOZI BW'AKARERE KA RUSIZI BUGATERA INKUNGA BIGARAGARA KUKO HAKIRIMO IMBARAGA NKEE MU MITEGURIRE
 NASOZA MBIFURIZA UMWAKA MUSHYA MUHIRE MWESE BASOMYI

Yanditswe na ADMIN F-NELSON JUNIOR