Pages

Pages

Pages

Menu

Wednesday, July 01, 2015

Imyambarire ishotora abagabo niyo yaranze umuhanzi Rita Ora mu gitaramo G-A-Y Club- AMAFOTO

Mu  gitaramo ngarukamwaka G-A-Y Club kibera mu bwongereza, icyo muri uyu mwaka wa 2015 cyabereye ahitwa Me’ir Park (Gan Me’ir) maze umuhanzi Rita Ora ufatwa nk’umwamikazi mu njyana ya Pop akora agashya mu mibyinire no kwambara imyenda ishotora abagabo ku buryo benshi batabivugagho rumwe
9
1
Rita Sahatçiu Ora umwanditsi w’indirimbo,umuririmbyi n’umukinnyi wa film ni umwongereza w’imyaka 24 wamenyekanye cyane nka Rita Ora, mu gitaramo cyitiriwe abasore G-A-Y Club  cyabaye  kuwa gatandatu ushize taliki ya 27 Kamena mu gususurutsa imbaga yari yahateraniye yagaragaje imibyinire idasanzwe.

Byiyongera ku myambarire ye, umuhanzi Rita Ora yashotoye abagabo ku buryo abari mu gitaramo bumiwe gusa bamwe bavuga ko byari byiza abandi bakavuga ko bitari bikwiye ndetse ko kwari ukwamamaza ubusambanyi nk’uko bitangazwa na dailymail.

8
3
Ubusanzwe Rita  Ora ni umwe mu bahanzi b’injyana ya Pop wamenyekanye cyane ndetse akanagaragaza ubuhanga ariko kwambara ntiyikwize ngo  biri mu mabanga akoresha mu kwikururira abafana nk’uko byagiye bigarukwaho n’itangazamakuru ryo mu Bwongereza.

Mu mafoto y’imyambarire uyu muhanzikazi yajyanye ku rubyiniro  ni ikariso n’akarega gafata amabere abenshi bavuga ko ari urukozasoni abandi bakavuga ko ntacyo byari bitwaye hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga
7
Kuva iki gitaramo cyaba aya mafoto y’uyu muhanzi yakomeje gucicikana hose ku mbuga nkoranyambaga  bikaba binavugwa ko byaba byaranatumye bamwe mu bari bitabiriye iki gitaramo  batacyishimira mu gihe hari abashimishijwe nacyo.
ANDI MAFOTO:
6
4
2
5