Uyu mukobwa ni umunyarwandakazi afite 
imyaka 22 n’ibiro 75 areshya na 1,62 m akaba yararangije amashuri 
yisumbuye afite impamyabushobozi ya A2. Kuba akiri isugi si uko yabuze uwo baryamana ahubwo.
ni uko mu buzima bwe yirinze 
ubusambanyi akaba ashaka kuziha uwo bazashakana. Uyu mukobwa arashaka 
umukunzi w’ukuri ufite urukundo icya mbere mu bisabwa ni ukuba 
utazigera umusaba ko muryamana mbere yo kurushinga.
Arifuza umusore uri mu kigero cy’imyaka hagati ya 25 na 36 akaba yirabura cyangwa ari inzobe, uko yaba 
areshya kose atari
 mugufi cyane, kuba akunda gusenga kandi yubaha Imana, atanywa inzoga 
kuko n’uyu mukobwa nta nzoga anywa. Uyu mukobwa yiteguye kumuha 
urukundo 
rw’ukuri kuko ararufite rwinshi. Niba ubona ubyujuje
 kanda hano utwandikire tuguhe ibisobanuro birambuye ndetse tuguhuze n’uyu mukobwa.